
Emmanuel Murwanashyaka
@emamurwa
Mayor of Nyaruguru District
ID: 1462757878490714115
22-11-2021 12:20:48
632 Tweet
1,1K Followers
37 Following


Umuyobozi w'Akarere ushinzwe Imibereho myiza ari kumwe na National Women's Council ku rwego rw'Akarere bakiriye itsinda ryaturutse ku rwego @RwandSouth baje gusuzuma uko imihigo ya Mutimawurugo yashyizwe mu bikorwa.Hasuzumwe raporo hanasurwa n'abaturage mu mirenge ya Nyagisozi na Kibeho.



In partnership with EU Delegation to Rwanda, NCDA is training journalists from various media houses on early childhood development reporting. The training is part of TUBAKUZE, a project aimed at strengthening early childhood development (ECD) service delivery in Rwanda.




Muri uru ruzinduko ruzasozwa kuwa 04 Kamena 2025,biteganijweko Rwanda Parliament izasura imirenge ya Kibeho, Rusenge, Kivu, Ngoma, Ngera Rusenge na Ruramba aho bazasuzuma imitangire ya serivisi ndetse bakanafatanya n'ubuyobozi kwakira no gukemura ibibazp by'abaturage.



Muri iki gitondo,Rwanda Parliament iri kuganira n'ibyiciro bitandukanye mu murenge wa Kibeho ku mitangire ya serivisi hifashishijwe ikoranabuhanga, gahunda yo kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside ndetse nyuma harasurwa ibikorwa bitandukanye banakorane inama n'abaturage.


Kibeho: Muri uru ruzinduko,umuyobozi w'Akarere Dr. Murwanashyaka Emmanuel ari gusobanurira Rwanda Parliament ibyitabwaho mu mitangire yaserivi hifashishijwe ikoranabuhanga, gusezeranya imiryango mu buryo bukurikije amategeko no kurangiza imanza



Kibeho: Nyuma yo kuganira n'ibyiciro by'abayobozi, Rwanda Parliament yasuye ahatangirwa serivisi za @IremboGovna, ECIMs, CS Kibeho n'imitangire ya EBM harebwa uko serivisi zitangwa, imbogamizi zihari kugira ngo hakorwe ubuvugizi ku nzego bireba.



Kivu: Hon. Depite Muhakwa Valens ari kumwe n'umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Akarere MAJ_Nyaruguru bari kuganira n'ibyiciro bitandukanye ku mitangire ya serivisi hifashishijwe ikoranabuhanga ndetse nyuma harakirwa ibyifuzo n'ibitekerezo by'abaturage mu murenge wa Kivu.



Happening Now: Presentation of the External Midline Impact Evaluation findings of the FXBVillage Project, funded by The Light Foundation, to district officials and local stakeholders from Gisagara District & Nyaruguru District. Set to close in Sept 2026, the project is on track to


Kivu:Hon. Depite Muhakwa Valens ari kumwe n'umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Akarere na MAJ_Nyaruguru bari gukangurira abaturage kwimakaza ubumwe no kwirinda amakimbirane mu miryango. Muri iyi nama hakwakirwa ibyifuzo n'ibibazo by'abaturage bigahabwa umurongo.


Mu guhemba udushya twifashishwa mu kwishakamo ibisubizo,Ministry of Local Government | Rwanda yahembye udushya 14 twa mbere turimo 2 two mu murenge wa Ngoma muri Nyaruguru District ari two: 1. Ikayi y'Umurimo w'umunsi 2. Ejo Heza birashoboka:Ikoranabuhanga mu kuzamura ireme ry'uburezi n'imyigishirize.


