
Gatete Muhamoud
@gmuhamoud
Journalist from hanganews.com
ID: 4754164401
http://www.hanganews.com 09-01-2016 12:17:14
9,9K Tweet
5,5K Followers
5,5K Following

Deeply humbled and honored to be reappointed as Prime Minister. Thank you Your Excellency Paul Kagame for this immense privilege. I commit to continue serving our Country under your leadership and anticipate our journey to elevate Rwanda to even greater heights.


Umurenge wa Runda,Akagali ka Ruyenzi Umudugudu wa Rubumba aho bita Colombia, muri Kamonyi District Haravugwa inkuru y'umusore witwa Nkomezamahoro Ferdinand uri mu kigero cy'imyaka 30 wakoraga akazi k'Ubusekirite muri #TopSec yaphuye bitingiranye uyu wa 21/7/2025.Rwanda National Police


Abakorera mu mujyi wa Nyanza District bahangayikishijwe n'umunuko w'ibishingwe byaboreye mu marembo y'Isoko, kimwe nibyaheze mu muhanda wahitwa ku mugonzi, barasaba inzego bireba kubafasha haboneke Isuku bavuga ko umwanda ubarembeje. Southern Province | Rwanda Ministry of Health | Rwanda Ministry of Local Government | Rwanda


HANGA NEWS Nyanza District Southern Province | Rwanda Ministry of Health | Rwanda Ministry of Local Government | Rwanda Sha aha hantu nanjye byarancanze,iki kimoteri kireba mu muhanda?


Ubutabera:Umujyi wa Kigali uvuguruje ibyemezo by’urukiko uheza umuturage Kayonga Sifa mugihirahiro. Nyarugenge District City of Kigali Ministry of Justice Presidency | Rwanda GitegaSector ingenzinyayo.com/2025/07/24/ubu…

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 24/7/2025, Perezida Kagame yahuye na Dr Justin Nsengiyumva Dr. Justin Nsengiyumva uherutse kugirwa Minisitiri w’Intebe, baganira ku ngingo zitandukanye zireba ubuzima bw'Igihugu. Office of the PM | Rwanda


Abapolisi bagize itsinda (RWAFPU1-9) bageze i Kigali, bavuye mu butumwa bw'Umuryango w'Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), aho bari bamaze igihe kingana n'umwaka. ACP Teddy Ruyenzi,wari uhagarariye ubuyobozi bwa Rwanda National Police yabahaye ikaze abashimira akazi keza bakoze.


MUHANGA District Hafunze inyubako y’ubucuruzi iherereye mu Mujyi izwi nka“Jacques” ikorerwamo n’abacuruzi batandukanye, yafunzwe nyuma y’igenzura ryakozwe n’ubuyobozi bw’Akarere bagasanga nta bwiherero ifite, ndetse aho yubatse hari umwanda idakwiye kuranga inyubako rusange.



Aba Minisitiri 4 muri Ministry of Local Government | Rwanda mu gihe cy'imyaka 8,iyi Minisitiri ishobora kuba ikaze. Tuganire..,....????


HANGA NEWS Ministry of Local Government | Rwanda Iyi Minisiteri ntabwo nzi ngo ninde uzayihabwa ayimarane igihe. Ubanza isaba kumenya amakoni ayirimo. Ariko nibakorana neza n'itangazamakuru izajya kumurongo

Hello,Water and Sanitation Corporation Group |Rwanda iyo Tiyo ngo imaze igihe kinini yarapfumutse imena amazi, iherere Biryogo muri Nyarugenge Sector Ahazwi nko kuri Maison Tresor mu marembo yinjira Free zone mu marange. Nyarugenge District City of Kigali Ministry of Infrastructure | Rwanda .



HANGA NEWS Nyarugenge Sector Nyarugenge District City of Kigali Ministry of Infrastructure | Rwanda Dear Muhamoud,urakoze kuranga ahari amazi ameneka. Tugiye kuhagera tuyahagarike. Urakoze

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 25 Nyakanga 2025,mu Mudugudu wa Nyagatare,Akagari ka Gihara, Umurenge wa Runda,muri Kamonyi District mu ishuri ryitwa ES Marie Adélaide de Gihara, ryafashwe n’inkongi y’umuriro ihereye mu bubiko bw’ibikoresho bitandukanye birimo n’ibishaje. Rwanda National Police
