
HABINEZA Jean Claude
@habinez86850651
Headteacher of a public secondary school
ID: 1495406690191257608
20-02-2022 14:36:11
49 Tweet
20 Followers
52 Following

Mayor w'Agateganyo MULINDWA Prosper ayoboye inama y'abayobozi b'ibigo by'amashuri 127 bibarizwa mu karere ku micungire iboneye y'ibikoresho bitangwa na #REB. Kassim Nsengiyumva ahagarariye REB muri iyi nama. Mayor yaboneyeho gusaba Abayobozi kunoza imyiteguro y'itangira ry'amashuri.



Nyuma yo kuganira n'abaturage, Vice Mayor Emmanuel Uwizeyimana afatanyije n'abandi bayobozi, ari kwakira, gukemura, no gutanga ubujyanama ku bibazo bitandukanye by'abaturage. Ministry of Local Government | Rwanda Ministry of Gender & Family Promotion | Rwanda Western Province I Rwanda


Uyu munsi, Komisiyo y'Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco n'Urubyiruko bakiriye abanyeshuri ba “Ecole du Bon Berger” Bugesera District, basobanurirwa inshingano, imiterere, n’imikorere y'Inteko Ishinga Amategeko.




❌ STOP CORRUPTION ❌ RUSWA imunga ubukungu n'umudendezo by'Abanegihugu, <<YITUNGE AGATOKI TUYIHASHYE>>, Hamagara cg wohereze SMS igihe ubonye aharimo gukorwa ibyaha bifitanye isano na Ruswa,kuri nimero ZITISHYURWA z'Urwego rwa Office of Ombudsman of Rwanda/Urwego rw'Umuvunyi , Toll free: 199, Free SMS: 1990


⛔SAY NO TO CORRUPTION⛔ RUBYIRUKO, MBARAGA Z'IGIHUGU, MIZERO Y'AHAZAZA, URU RUGAMBA , RURAKUREBA! TANGA UMUSANZU WAWE MU KUBAKA IGIHUGU CYAKUBYAYE, UTANGA AMAKURU IGIHE UBONYE AHAKORWA IBYAHA BYA RUSWA. Free Call:199, Free SMS:199 Rwanda Youth Council ,Rwanda Youth Volunteers




Abaturage bitabiriye umuganda rusange muri Bugesera District mu murrenge wa #Mareba bishimiye guftatanya n’Urwego rw’Umuvunyi icyarimwe no gutangiza icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa. Mu ijambo rye Umuvunyi Mukuru yasabye urubyiruko kugira uruhare muri gahunda zo kurwanya ruswa


ECOLE FRANCOPHONE DE KAYOVE yasuwe n'ishuri mpuzamabanga GREEN HILLS ACADEMY (GHA) mu rwego rwo gutsura umubano n'ubufatanye bw'ibigo byombi mu guteza imbere ireme ry'uburezi mu Rwanda cyane cyane mu Karere ka Rutsiro District


ECOLE FRANCOPHONE DE KAYOVE yasuwe n'ishuri mpuzamahanga GREEN HILLS ACADEMY (GHA) mu rwego rwo gutsura umubano n'ubufatanye bw'ibigo byombi mu guteza imbere ireme ry'uburezi mu Rwanda cyane cyane mu Karere ka Rutsiro District

Itorero ry'Abanyeshuri ba Kivu Hills Academy bafashije ECOLE FRANCOPHONE DE KAYOVE gususurutsa abashyitsi bayo bari baturutse muri GREEN HILLS ACADEMY Ku wa 18-01-2025. Byashimangiye ubufatanye n'ubushuti ECOLE FRANCOPHONE DE KAYOVE ifitanye na Kivu Hills Academy . Mwarakoze🤝




