
NCHR RWANDA
@humanrightsrw
Official account of the National Commission for Human Rights – Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu #Rwanda | Email: [email protected] | ☎Toll Free: 3430
ID: 2862501004
http://www.cndp.org.rw 05-11-2014 13:28:19
2,2K Tweet
5,5K Followers
171 Following

Today, the Chairperson of NCHR RWANDA received UNICEF Rwanda's new Representative, Lieke van de Wiel, during a courtesy visit to the Commission. Discussions focused on enhancing collaboration to promote & protect children's rights in Rwanda. #HumanRights #ChildProtection #Rwanda



Uyu munsi ku wa 29/04/2025, mu rwego rwo #Kwibuka31, abakozi ba NCHR RWANDA basuye Urwibutso rwa Mukarange ruri Kayonza District, bifatanya n'abaturage n'abarokotse Jenoside bo muri aka Karere. Komisiyo kandi yaremeye imiryango 2 y'abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994.


“Ubusanzwe ubuzima bw’umuntu ni ntavogerwa nta muntu ukwiye kuvutsa undi ubuzima bwe ariko igihe Jenoside yakorerwaga abatutsi ntabwo iryo hame ryakurikijwe. Nka Komisiyo mu minsi 100 dusura inzibutso tuzirikana n’icyo zibereyeho”. Umurungi Providence Perezida wa NCHR RWANDA


Perezida wa Komisiyo y'Igihugu y'Uburenganzira bwa Muntu, Umurungi Providence, yavuze ko Abatutsi bishwe mu 1994, bavukijwe uburenganzira bwabo bw’ibanze bwo kubaho. Iyi komisiyo yifatanyije n’Umurenge wa Mukarange muri Kayonza District, #Kwibuka31 Jenoside yakorewe Abatutsi.


The Chairperson of @HumanRightsRw, Providence is participating in the 7th Policy Dialogue between the African Union Political Affairs Peace and Security and NANHRI, held from 7–9 May at the African Union Headquarters in Addis Ababa City Communication , Ethiopia. #HumanRights #NANHRI


At today’s Steering Committee Meeting on the project Strengthening the capacities of the NCHR and CSOs in Rwanda hosted by UN Human Rights, partners discussed Rwanda’s progress in promoting and protecting human rights thanks to the support of Swiss Development and Cooperation & UN Human Rights.


Today, NCHR RWANDA chaired a validation workshop on the causes of overcrowding in detention facilities and its impact on detainees' rights. Stakeholders from Government institutions and Civil Society Organisations engaged in discussions on actionable reforms. #HumanRights


Today, Chairperson Providence welcomed representatives from Center for Reproductive Rights,alongside their hosts from GLIHD & HDI Rwanda. The courtesy visit was an opportunity to reaffirm shared commitments to advancing #HumanRights &strengthening #ReproRights in #Rwanda & the region.


Today, we had the honor of meeting with Ms. Providence, the Chairperson of NCHR RWANDA, to discuss potential areas of collaboration in advancing sexual and reproductive health and rights (SRHR) for women and girls in Rwanda. While Rwanda has made impressive progress in



Mu Mirenge yose y'Akarere hateraniye inteko rusanze z'abaturage. Umuyobozi w'Akarere Gasana Stephen ari kumwe na Perezida wa NCHR RWANDA Umurungi Providence n’inzego z’umutekano bifatanyije n'abaturage b'Umurenge wa Rukomo mu nteko yateraniye ku Kagari ka Rurenge. 1/3




None ku wa Kabiri, muri Nyagatare District, @HumanRightsRw yatangije ubukangurambaga ku burenganzira bw'umugore, ihugura abafatanyabikorwa mu byiciro bitandukanye mu turere no mu mirenge bagira uruhare mu guteza imbere uburenganzira bw'umugore. Bwatangiye none kugeza ku wa Gatanu.


Uyu munsi, itsinda rya @HumanRightsRw riyobowe na Providence ryitabiriye Inteko y’Abaturage i Nyagatare District kimwe no mu tundi turere, abaturage baganirizwa uburenganzira bwabo, by’umwihariko ubw’abagore hakirwa ibirego bijyanye n’uburenganzira bwa muntu binahabwa umurongo.


@HumanRightsRw iri guhugura abakorerabushake b'uburenganzira bwa muntu (abana n'abafite ubumuga), kuva ku rwego rw’Akagari kugera ku Karere. Amahugurwa agamije gushimangira uruhare rwabo mu kurengera no guteza imbere uburenganzira bwa muntu mu nzego z’ibanze. 1/2 Ministry of Local Government | Rwanda


None ku wa 5, ubwo NCHR RWANDA yasozaga ubukangurambaga n’amahugurwa ku burenganzira bw’umugore mu turere, Perezida wa Komisiyo, Providence yashishikarije abahuguwe kwita ku burenganzira bwa muntu mu nguni zose by’umwihariko ubw’umugore n’umwana bo shingiro ry’umuryango.
