IGIHE Sports (@igihesports) 's Twitter Profile
IGIHE Sports

@igihesports

IGIHE Sports itangaza amakuru y’imikino itandukanye yo mu Rwanda no hanze. Intego yacu ni ukubagezaho amakuru yizewe kandi ku gihe!⚽⚾🏀🏈🏉🎾🎱🎳⛳🏌🏊

ID: 1146905325498449923

linkhttp://www.igihe.com calendar_today04-07-2019 22:15:12

24,24K Tweet

52,52K Followers

4 Following

IGIHE Sports (@igihesports) 's Twitter Profile Photo

Cricket: U Rwanda rwizeye kwitwara neza mu Irushanwa ryo Kwibuka ryitabiriwe n’ibihugu icyenda ➡️:igihe.com/imikino/articl…

Cricket: U Rwanda rwizeye kwitwara neza mu Irushanwa ryo Kwibuka ryitabiriwe n’ibihugu icyenda

➡️:igihe.com/imikino/articl…
IGIHE Sports (@igihesports) 's Twitter Profile Photo

Gutakaza umutoza, abakinnyi basoje amasezerano n’abifuzwa ahandi: Mukura VS irabyitwaramo ite? ✍️:IRADUKUNDA Olivier ➡️:igihe.com/imikino/footba…

Gutakaza umutoza, abakinnyi basoje amasezerano n’abifuzwa ahandi: Mukura VS irabyitwaramo ite?

✍️:<a href="/o_iradukunda/">IRADUKUNDA Olivier</a> 
➡️:igihe.com/imikino/footba…
IGIHE Sports (@igihesports) 's Twitter Profile Photo

📸𝐀𝐌𝐀𝐅𝐎𝐓𝐎📸 APR BBC yerekeje muri Afurika y’Epfo, aho yitabiriye imikino ya nyuma ya BAL 2025. Iyi mikino iteganyijwe kuva ku wa 06 kugeza ku wa 14 Kamena 2025. 📸:TNT

📸𝐀𝐌𝐀𝐅𝐎𝐓𝐎📸

APR BBC yerekeje muri Afurika y’Epfo, aho yitabiriye imikino ya nyuma ya BAL 2025. Iyi mikino iteganyijwe kuva ku wa 06 kugeza ku wa 14 Kamena 2025.

📸:TNT
IGIHE Sports (@igihesports) 's Twitter Profile Photo

Uwahoze ari Umutoza wa APR FC, Darko Novic, yagaragaje ko kugira ngo iyi kipe itekereze kujya mu matsinda ya CAF Champions League biyisaba kugira abandi bakinnyi bane cyangwa batanu bari ku rwego rwa Cheikh Djibril Ouattara.

Uwahoze ari Umutoza wa APR FC, Darko Novic, yagaragaje ko kugira ngo iyi kipe itekereze kujya mu matsinda ya CAF Champions League biyisaba kugira abandi bakinnyi bane cyangwa batanu bari ku rwego rwa Cheikh Djibril Ouattara.
IGIHE Sports (@igihesports) 's Twitter Profile Photo

Darko Novic wahoza atoza APR FC, yavuze ko umusaruro w'abakinnyi b'abanyamahanga bakina mu Rwanda udatandukanye n'uw'Abanyarwanda.

Darko Novic wahoza atoza APR FC, yavuze ko umusaruro w'abakinnyi b'abanyamahanga bakina mu Rwanda udatandukanye n'uw'Abanyarwanda.
IGIHE Sports (@igihesports) 's Twitter Profile Photo

Abakinnyi 11 bazahagararira u Rwanda muri "Kigali International Peace Marathon" bakomeje imyitozo bari gukorera i Nyamata mu Bugesera. Abo barimo batanu bazakina muri "Half Marathon" mu bagore, babiri bazakina "Full Marathon" y'Abagabo na bane bazakina "Half Marathon"

Abakinnyi 11 bazahagararira u Rwanda muri "Kigali International Peace Marathon" bakomeje imyitozo bari gukorera i Nyamata mu Bugesera. 

Abo barimo batanu bazakina muri "Half Marathon" mu bagore, babiri bazakina "Full Marathon" y'Abagabo na bane bazakina "Half Marathon"
IGIHE Sports (@igihesports) 's Twitter Profile Photo

Nyuma y'imyaka ine, Umutoza w'Umutaliyani, Simone Inzaghi, yatandukanye na Inter Milan yerekeza muri Al Hilal yo muri Arabie Saoudite, aho azajya ahembwa miliyoni 29,5$ ku masezerano azamugeza mu 2027. Uyu mugabo w'imyaka 49 aherutse gutsindwa na PSG ibitego 5-0, ku mukino wa

Nyuma y'imyaka ine, Umutoza w'Umutaliyani, Simone Inzaghi, yatandukanye na Inter Milan yerekeza muri Al Hilal yo muri Arabie Saoudite,  aho azajya ahembwa miliyoni 29,5$ ku masezerano azamugeza mu 2027.

Uyu mugabo w'imyaka 49 aherutse gutsindwa na PSG ibitego 5-0, ku mukino wa
IGIHE Sports (@igihesports) 's Twitter Profile Photo

Umutoza Darko Novic yirinze kugira byinshi atangaza ku gutandukana kwe na APR FC, ariko yemeza ko impande zombi zabyumvikanyeho.

Umutoza Darko Novic yirinze kugira byinshi atangaza ku gutandukana kwe na APR FC, ariko yemeza ko impande zombi zabyumvikanyeho.
IGIHE Sports (@igihesports) 's Twitter Profile Photo

Abakinnyi bazahagararira Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Gikombe cy’Isi cy’Amakipe cya 2025, barashinja abayobozi ba Major League Soccer (MLS) kurya amafaranga menshi mu yo bagenewe nk’ibihembo, nyamara ari bo baba bayavunikiye. ow.ly/8URM50W3zcb

Abakinnyi bazahagararira Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Gikombe cy’Isi cy’Amakipe cya 2025, barashinja abayobozi ba Major League Soccer (MLS) kurya amafaranga menshi mu yo bagenewe nk’ibihembo, nyamara ari bo baba bayavunikiye.
ow.ly/8URM50W3zcb
IGIHE Sports (@igihesports) 's Twitter Profile Photo

🎥𝐀𝐌𝐀𝐒𝐇𝐔𝐒𝐇𝐎🎥 Umwaka w’imikino wa 2024/25 wabaye uwo gukabya inzozi. Menya amakipe yawegukanyemo igikombe ku nshuro ya mbere, andi akabigeraho nyuma y’igihe kinini.

IGIHE Sports (@igihesports) 's Twitter Profile Photo

Kiyovu Sports yemeye kurekura uwari Kapiteni wayo, Mosengo Tansele, wayisabye ko batandukana kubera amikoro. Uyu mukinnyi uvugwa muri Rayon Sports, yemeye guhara imishara itatu ariko akava mu Rucaca.

Kiyovu Sports yemeye kurekura uwari Kapiteni wayo, Mosengo Tansele, wayisabye ko batandukana kubera amikoro.

Uyu mukinnyi uvugwa muri Rayon Sports, yemeye guhara imishara itatu ariko akava mu Rucaca.
IGIHE Sports (@igihesports) 's Twitter Profile Photo

Kapiteni wa Manchester United, Bruno Fernandes, yavuze ko yaganiriye n'Umutoza Ruben Amorim akamusaba kuterekeza mu Ikipe ya Al-Hilal yo muri Arabie Saoudite yamwifuzaga. Yavuze kandi ko na Manchester United itashakaga kumugurisha.

Kapiteni wa Manchester United, Bruno Fernandes, yavuze ko yaganiriye n'Umutoza Ruben Amorim akamusaba kuterekeza mu Ikipe ya Al-Hilal yo muri Arabie Saoudite yamwifuzaga.

Yavuze kandi ko na Manchester United itashakaga kumugurisha.