Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile
Munyaga Sector(Rwamagana District)

@munyagad

Munyaga Sector

ID: 1098889362618699779

calendar_today22-02-2019 10:16:55

362 Tweet

416 Followers

214 Following

Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Muri gahunda yo kwivana mu bukene aho abaturage haba ku giti cyabo cyangwa amatsinda bagurizwa frw muri gahunda ya VUP/Fs, uyu munsi mu murenge wa Munyaga itsinda rishinzwe gutanga izi nguzanyo ryemereye abaturage inguzanyo ingana na miliyoni enye z'amafaranga.

Muri gahunda yo kwivana mu bukene aho abaturage haba ku giti cyabo cyangwa amatsinda bagurizwa frw muri gahunda ya VUP/Fs, uyu munsi mu murenge wa Munyaga itsinda rishinzwe gutanga izi nguzanyo ryemereye abaturage inguzanyo ingana na miliyoni enye z'amafaranga.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Mu murenge wa Munyaga , umuryango Haguruka n'abafatanyabikorwa bayo barimo kuganiriza abagore n'abakobwa bafite ubumuga ku bijyanye n'amategeko n'uburenganzira bwabo

Mu murenge wa Munyaga ,  umuryango Haguruka n'abafatanyabikorwa bayo barimo kuganiriza abagore n'abakobwa bafite ubumuga ku bijyanye n'amategeko n'uburenganzira bwabo
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

None ku wa kabiri nkuko bisanzwe mu midugudu yose igize umurenge wa Munyaga habaye inteko z'abaturage ahaganiriwe kuri Musa, Ejo heza, Vup/fs, umutekano n'ibindi bikorwa birimo gukorwa ku bukangurambaga butandukanye nyuma yaho hakirwa ibibazo biranakemurwa.

None ku wa kabiri nkuko bisanzwe mu midugudu yose igize umurenge wa Munyaga habaye inteko z'abaturage ahaganiriwe kuri Musa, Ejo heza, Vup/fs, umutekano n'ibindi bikorwa birimo gukorwa ku bukangurambaga butandukanye nyuma yaho hakirwa ibibazo biranakemurwa.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Mu murenge wa Munyaga, ibyiciro bihagarariye abandi bahuye baganira ku mishinga ikenewe kuba yakorerwa mu murenge ndetse banungurana inama ku buryo byakorerwa ubuvugizi.

Mu murenge wa Munyaga, ibyiciro bihagarariye abandi bahuye baganira ku mishinga ikenewe kuba yakorerwa mu murenge ndetse banungurana inama ku buryo byakorerwa ubuvugizi.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Uyu munsi umunyamabanganshingwabikorwa w'umurenge wa Munyaga yayoboye inama y'abakozi yigaga kubijyanye n'akazi harebwa uko hashyirwa imbaraga muri MUSA, Ejo heza, VUP/fs, uburezi, ubuhinzi, ubworozi hamwe n'umutekano.

Uyu munsi umunyamabanganshingwabikorwa w'umurenge wa Munyaga yayoboye inama y'abakozi yigaga kubijyanye n'akazi harebwa uko hashyirwa imbaraga muri MUSA, Ejo heza, VUP/fs, uburezi, ubuhinzi, ubworozi hamwe n'umutekano.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Mu murenge wa Munyaga Rwamagana District abaturage bazindukiye mu muganda rusange usoza ukwezi k'ugushyingo 2023 , ibikorwa bibanzeho ni ugukora imihanda y'imigenderano, gusibura rigoli z'inzira hamwe no Kwita Ku marimbi rusange aherereye mu tugari twose.

Mu murenge wa Munyaga <a href="/RwamaganaDistr/">Rwamagana District</a>  abaturage bazindukiye mu muganda rusange usoza ukwezi k'ugushyingo 2023 , ibikorwa bibanzeho ni ugukora imihanda y'imigenderano, gusibura rigoli  z'inzira hamwe no Kwita Ku marimbi rusange aherereye mu tugari twose.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Nyuma yo gusoza umuganda abaturage b'umurenge wa Munyaga bahawe ikiganiro kijyanye n'ubukangurambaga bw'iminsi 16 bujyanye no kurwanya no gukumira ihohoterwa rikorerwa mu muryango harimo irikorerwa abana n'abagore by'umwihariko hamwe n'abagize umuryango muri rusange.

Nyuma yo gusoza umuganda abaturage b'umurenge wa Munyaga bahawe ikiganiro kijyanye n'ubukangurambaga bw'iminsi 16 bujyanye no kurwanya no gukumira ihohoterwa rikorerwa mu muryango harimo irikorerwa abana n'abagore by'umwihariko hamwe n'abagize umuryango muri rusange.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu munsi intore ziri ku rugerero zaramukiye mu gikorwa cy'imyitozo ngororamubiri hamwe no guhabwa ikiganiro ku kurwanya inda ziterwa abangavu.

Kuri uyu munsi intore ziri ku rugerero zaramukiye mu gikorwa cy'imyitozo ngororamubiri hamwe no guhabwa ikiganiro ku kurwanya inda ziterwa abangavu.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Kuri iki gicamunsi mu murenge wa Munyaga hakozwe inama yahuje abakozi, aharebewe hamwe ibikorwa by'imihigo n'uburyo hakihutishwa ishyirwamubikorwa ryayo, hibanzwe cyane kuri Mutuel de Sante, Ejo heza, Vup/fs, kwigisha abakuze hamwe n'umutekano uko wifashe.

Kuri iki gicamunsi mu murenge wa Munyaga hakozwe inama yahuje abakozi, aharebewe hamwe ibikorwa by'imihigo n'uburyo hakihutishwa ishyirwamubikorwa ryayo, hibanzwe cyane kuri Mutuel de Sante, Ejo heza, Vup/fs, kwigisha abakuze hamwe n'umutekano uko wifashe.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Mu murenge wa Munyaga hakomeje ubukangurambaga bw'iminsi cumi n'itandatu(16) bugamije kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n'abana ndetse n'irikorerwa abagize umuryango muri rusange, urubyiruko ruranakangurirwa kwirinda ibiyobyabwenge n'inda zidateganijwe.

Mu murenge wa Munyaga hakomeje ubukangurambaga bw'iminsi cumi n'itandatu(16) bugamije kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n'abana ndetse n'irikorerwa abagize umuryango muri rusange, urubyiruko ruranakangurirwa kwirinda ibiyobyabwenge n'inda zidateganijwe.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Ku gicamunsi habaye ubukangurambaga mu rubyiruko ku kwirinda Sida, kwirinda inda zidateganije, kwirinda ibiyobyabwenge ku nsanganya matsiko igira iti Ubuzima bwiza amahitamo yanjye.

Ku gicamunsi habaye ubukangurambaga mu rubyiruko ku kwirinda Sida, kwirinda inda zidateganije, kwirinda ibiyobyabwenge ku nsanganya matsiko igira iti Ubuzima bwiza amahitamo yanjye.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wagatanu umunyamabanganshingwabikorwa w'umurenge wa Munyaga bwana Munyentwari Damascene yakiriye abaturage bafite ibibazo muri salle y'umurenge abafasha kubikemura afatanije nizindi nzego.

Kuri uyu wagatanu umunyamabanganshingwabikorwa w'umurenge wa Munyaga bwana Munyentwari Damascene yakiriye abaturage bafite ibibazo muri salle y'umurenge abafasha kubikemura afatanije nizindi nzego.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu munsi mu murenge wa Munyaga hatangijwe amarushanwa y'umurenge Kagame Cup umwaka wa 2023/2024 ikipe y'Abagabo ya Munyaga ikaba yatsinze iya Kigabiro Sector ibitego 3 kuri 2 naho ikipe ya Kigabo mu bagore itsindwa niya Munyaga ibitego 3 kuri 0.

Kuri uyu munsi mu murenge wa Munyaga hatangijwe amarushanwa y'umurenge Kagame Cup umwaka wa 2023/2024 ikipe y'Abagabo ya Munyaga ikaba yatsinze iya Kigabiro Sector ibitego 3 kuri 2 naho ikipe ya Kigabo mu bagore itsindwa niya Munyaga ibitego 3 kuri 0.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Mu midugudu yose igize umurenge wa Munyaga, abaturage bifatanije n'abanyarwanda n'isi yose #Kwibuka30 Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994. Es w'umurenge wa Munyaga n'abandi bayobozi bifatanije kunamira abazize Jenoside yakorewe abatutsi bashyinguye mu Rwibutso rwa Kaduha.

Mu midugudu yose igize umurenge wa Munyaga, abaturage bifatanije n'abanyarwanda n'isi yose #Kwibuka30 Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994. Es w'umurenge wa Munyaga  n'abandi bayobozi bifatanije kunamira abazize Jenoside yakorewe abatutsi bashyinguye mu Rwibutso rwa Kaduha.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu munsi tariki ya 17/04/2024, Komite ya Ibuka ifatanije n'ubuyobozi bw'umurenge hamwe n' abaturage b'umurenge wa Munyaga n'inshuti zawo bifatanije mu gikorwa cyo kwibuka no kunamira abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi muri mata 1994 .

Kuri uyu munsi tariki ya 17/04/2024, Komite ya Ibuka ifatanije n'ubuyobozi bw'umurenge hamwe n' abaturage b'umurenge wa Munyaga n'inshuti zawo bifatanije mu gikorwa cyo kwibuka no kunamira abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi muri mata 1994 .
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Uyu munsi hatashywe ku mugaragaro inzu yubakiwe uwarokotse Jenoside yakorewe abatutsi witwa Nyiramudahinga Maria utuye Rweru- Munyaga yubatswe ku bufatanye bw'impuzamahuriro ya Koperative na Federation yayo mu Rwanda , igikorwa cyitabiriwe n'inama y'umutekano itaguye ku Karere.

Uyu munsi hatashywe ku mugaragaro inzu yubakiwe uwarokotse Jenoside yakorewe abatutsi witwa Nyiramudahinga Maria utuye Rweru- Munyaga yubatswe ku bufatanye bw'impuzamahuriro ya Koperative na Federation yayo mu Rwanda , igikorwa cyitabiriwe n'inama y'umutekano itaguye ku Karere.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Muri iki gitondo ubuyobozi bw'umurenge wa Munyaga bwazindukiye mugikorwa cyo kugarura abana bata ishuri bubagarura kwiga ni igikorwa cyabereye mu kagari ka Zinga, umudugudu wa Karambo mu gishanga cy'umuceri cya Cyaruhogo.

Muri iki gitondo ubuyobozi bw'umurenge wa Munyaga bwazindukiye mugikorwa cyo kugarura abana bata ishuri bubagarura kwiga ni igikorwa cyabereye mu kagari ka Zinga, umudugudu wa Karambo mu gishanga cy'umuceri cya Cyaruhogo.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

None ku wa 26/10/2024 umuganda usoza ukwezi wibanze ku gutera igiti aho abaturage b'umurenge wa Munyaga bifatanyije n'abayobozi baturutse ku rwego rw'igihugu, abayobozi ku rwego rw'Intara ndetse n'Akarere hatewe ibiti kuri hegitare 17.

None ku wa 26/10/2024 umuganda usoza ukwezi wibanze ku gutera igiti aho abaturage b'umurenge wa Munyaga bifatanyije n'abayobozi baturutse ku rwego rw'igihugu, abayobozi ku rwego rw'Intara ndetse n'Akarere hatewe ibiti kuri hegitare 17.
Munyaga Sector(Rwamagana District) (@munyagad) 's Twitter Profile Photo

Mu Murenge wa Munyaga, akagali ka Kaduha, umudugudu wa Kamamana hatangirijwe igihembwe cyo gutera ibiti 2024/2025. Umushyitsi mukuru akaba yari Minisitiri w'Ibidukikije Dr. Uwamariya Valentine, ku nsanganyamatsiko igira iti: "Tera igiti, Ukibungabunge, Urengere Isi"

Mu Murenge wa Munyaga, akagali ka Kaduha, umudugudu wa Kamamana hatangirijwe igihembwe cyo gutera ibiti 2024/2025. Umushyitsi mukuru akaba yari    Minisitiri w'Ibidukikije Dr. Uwamariya Valentine, ku nsanganyamatsiko igira iti: "Tera igiti, Ukibungabunge, Urengere Isi"