RADIO HUYE (@radiohuye) 's Twitter Profile
RADIO HUYE

@radiohuye

Official account of Radio Huye owned by Rwanda Broadcasting agency (RBA)

ID: 978556505996840960

linkhttp://www.rba.co.rw/radio/5/Radio-Huye calendar_today27-03-2018 08:57:06

2,2K Tweet

2,2K Followers

208 Following

RADIO HUYE (@radiohuye) 's Twitter Profile Photo

Bamwe mu rubyiruko n'abagore basaga ibihumbi 4 bo mu Karere ka #Ruhango bavuga ko kuba barahawe imirimo ihoraho mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro bibafasha kwivana mubukene. Ubushakashatsi bwa ku 7 ku mibereho y’ingo bwagaragaje ko Akarere ka Ruhango kaje kumwanya wa 7.

Bamwe mu rubyiruko n'abagore basaga ibihumbi 4 bo mu Karere ka #Ruhango bavuga ko kuba barahawe imirimo ihoraho mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro bibafasha kwivana mubukene. 
Ubushakashatsi bwa ku 7 ku mibereho y’ingo bwagaragaje ko Akarere ka Ruhango kaje kumwanya wa 7.
RADIO HUYE (@radiohuye) 's Twitter Profile Photo

🚨 IKIGANIRO IJWI RYAWE 🚨 Kuri Radio Huye Turi mu kiganiro Ijwi ryawe Aho tuganira Ku Nkuru z'ubuvugizi twabagejejeho Iki cyumweru dusoza. Ni saa 7h00 -9h00 Dusangize ibitekerezo byawe.... Abanyamakuru bahageze Kandi biteguye kubakira...

🚨 IKIGANIRO IJWI RYAWE 🚨

Kuri Radio Huye Turi mu kiganiro Ijwi ryawe Aho tuganira Ku Nkuru z'ubuvugizi twabagejejeho Iki cyumweru dusoza. 

Ni saa 7h00 -9h00 

Dusangize ibitekerezo byawe....

Abanyamakuru bahageze Kandi biteguye kubakira...
RADIO HUYE (@radiohuye) 's Twitter Profile Photo

Mu kwibuka Abazize Jenoside yakorewe Abatutsi biciwe mu kigo cyahoze ari IRST ubu cyahindutse NIRDA, hanenzwe uruhare rwa bamwe mu bashakashatsi b’ababiligi ndetse n’abanyarwanda mu gukora ubushakashatsi bategura Jenoside Kugeza ishyizwe mubikorwa.

RADIO HUYE (@radiohuye) 's Twitter Profile Photo

Muri Ruhango District Bweramana i Gitwe Hari Kubera Igikorwa cyo kwibuka Abagore Abana n'abapasiteri hamwe n'imiryango yabo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi. Haribukwa abagore n'Abana basaga 500 biciwe Muri Duwane Ndetse n'abapasiteri biciwe mu cyahoze Ari komine Murama.

Muri <a href="/RuhangoDistrict/">Ruhango District</a> Bweramana i Gitwe Hari Kubera Igikorwa cyo kwibuka Abagore Abana n'abapasiteri hamwe n'imiryango yabo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi. Haribukwa abagore n'Abana basaga 500 biciwe Muri Duwane Ndetse n'abapasiteri biciwe mu cyahoze Ari komine Murama.
RADIO HUYE (@radiohuye) 's Twitter Profile Photo

Abanyamuryango ba Koperative Twuwubungabunge Ndora yo mu karere ka #Gisagara bavuga ko Akazi bakora ko gukora Isuku bakubura imihanda kabatunze mu mibereho yabo ya Buri Ndetse ngo kakabasha no kwita Ku Isuku Aho batuye. Kuri Ubu ni Akazi kabatunze Kandi bishimira gukora.

Abanyamuryango ba Koperative Twuwubungabunge Ndora yo mu karere ka #Gisagara bavuga ko Akazi bakora ko gukora Isuku bakubura imihanda kabatunze mu mibereho yabo ya Buri Ndetse ngo kakabasha no kwita Ku Isuku Aho batuye. Kuri Ubu ni Akazi kabatunze Kandi bishimira gukora.
RADIO HUYE (@radiohuye) 's Twitter Profile Photo

Intwaza zatujwe mu rugo rw'Impinganzima rwa Huye zivuga ko zishimira uburyo bitabwaho na Leta muri byose,bakaba kandi bashima abantu babasura muri urwo rugo,bagasabana,bigatuma bumva batari bonyine. Ibi babivuze ubwo basurwaga n'abagore bahagarayiye abanda bo muri Ruhango.

Intwaza zatujwe mu rugo rw'Impinganzima rwa Huye zivuga ko zishimira uburyo bitabwaho na Leta muri byose,bakaba kandi bashima abantu babasura muri urwo rugo,bagasabana,bigatuma bumva batari bonyine.
Ibi babivuze ubwo basurwaga n'abagore bahagarayiye abanda bo muri Ruhango.
RADIO HUYE (@radiohuye) 's Twitter Profile Photo

Muri Gisagara District habereye igikorwa cyo kwibuka abikorera bazize jenoside yakorewe abatutsi, ndetse baremera n'imiryango itishoboye yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi aho bahawe Inka zo kubakamirwa.

Muri <a href="/GisagaraDistr/">Gisagara District</a> habereye igikorwa cyo kwibuka abikorera bazize jenoside yakorewe abatutsi, ndetse baremera n'imiryango itishoboye yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi aho bahawe Inka zo kubakamirwa.
RADIO HUYE (@radiohuye) 's Twitter Profile Photo

Mu gikorwa cyo kwibuka abarwayi,abarwaza ndetse n'abaganga b'ibitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB) bazize jenoside yakorewe abatutsi hanenzwe abaganga bambuye ubuzima abarwayi aho kubarokora.

Mu gikorwa cyo kwibuka abarwayi,abarwaza ndetse n'abaganga b'ibitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB) bazize jenoside yakorewe abatutsi hanenzwe abaganga bambuye ubuzima abarwayi aho kubarokora.
RADIO HUYE (@radiohuye) 's Twitter Profile Photo

Turi mu kiganiro n'ikigo cy'Igihugu gishinzwe Imikurire no kurengera Umwana NCDA Aho turimo kuganira k'uruhare rw'ingo Mbonezamikurire y'Abana bato.

Turi mu kiganiro n'ikigo cy'Igihugu gishinzwe Imikurire no kurengera Umwana  NCDA Aho turimo kuganira k'uruhare rw'ingo Mbonezamikurire y'Abana bato.
RADIO HUYE (@radiohuye) 's Twitter Profile Photo

Turi Kumwe na Tuyishimire Frodouard umukozi w'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Imikurire no kurengera Umwana. Dusabe Denise Umuyobozi w'akarere wungirije ushinzwe Imibereho myiza y'Abaturage mu karere ka Gisagara District. -Muneza Gaspard umubyeyi ufite Abana mu Ingo Mbonezamikurire

Turi Kumwe na Tuyishimire Frodouard umukozi w'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Imikurire no kurengera Umwana.

Dusabe Denise Umuyobozi w'akarere wungirije ushinzwe Imibereho myiza y'Abaturage mu karere ka <a href="/GisagaraDistr/">Gisagara District</a>.
-Muneza Gaspard umubyeyi ufite Abana mu Ingo Mbonezamikurire
Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) 's Twitter Profile Photo

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente Edouard, yavuze ko u Rwanda rukomeje gutera intambwe ishimishije mu burezi by'umwihariko mu mashuri yigisha imyuga na tekiniki. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa Kane, ubwo abagera kuri 4,562 basoje amasomo mu Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubumenyingiro

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente Edouard, yavuze ko u Rwanda rukomeje gutera intambwe ishimishije mu burezi by'umwihariko mu mashuri yigisha imyuga na tekiniki.

Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa Kane, ubwo abagera kuri 4,562 basoje amasomo mu Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubumenyingiro
RADIO HUYE (@radiohuye) 's Twitter Profile Photo

i Nyanza District Intwaza zatujwe Murugo rw'Impinganzima rwa Nyanza bifatanyije n'abanyamuryango ba Unity Club Intwararumuri mu kwibuka abo mu miryango y'intwaza bazize jenoside yakorewe Abatutsi. Intwaza 34 zatujwe Muri uru rugo bashima Unity Club na Leta uburyo babitaho.

i <a href="/NyanzaDistrict/">Nyanza District</a> Intwaza zatujwe Murugo rw'Impinganzima rwa Nyanza bifatanyije n'abanyamuryango ba Unity Club Intwararumuri mu kwibuka abo mu miryango y'intwaza bazize jenoside yakorewe Abatutsi. Intwaza 34 zatujwe Muri uru rugo bashima Unity Club na Leta uburyo babitaho.
RADIO HUYE (@radiohuye) 's Twitter Profile Photo

Abazwi nk'abambasaderi ba Radiyo #Huye basuye abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi batuye mu murenge wa Ruramba mu karere ka #Nyaruguru,banishyurira Mituelle de sante imiryango ya bamwe muri bo 8 igizwe n'abantu 30.Iyi miryango Ikaba yashimiye abo ba Abambasaderi.

Abazwi nk'abambasaderi ba Radiyo #Huye basuye abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi batuye mu murenge wa Ruramba mu karere ka #Nyaruguru,banishyurira Mituelle de sante imiryango ya bamwe muri  bo  8 igizwe n'abantu 30.Iyi miryango Ikaba yashimiye abo ba Abambasaderi.
RADIO HUYE (@radiohuye) 's Twitter Profile Photo

Hari abaturage bagera ku 100 bakoze imirimo yo kubaka havugururwa bimwe mu bikorwaremezo bya kaminuza y'u Rwanda ishamirya Huye, bavuga ko hari amafaranga asaga miliyoni 10 batahembwe na rwiyemezamirimo wabakoresheje.

Hari abaturage bagera ku 100 bakoze imirimo yo kubaka havugururwa bimwe mu bikorwaremezo bya kaminuza y'u Rwanda ishamirya Huye, bavuga ko hari amafaranga asaga miliyoni 10 batahembwe na rwiyemezamirimo wabakoresheje.
RADIO RWANDA (@radiorwanda_rba) 's Twitter Profile Photo

🚨AKA KANYA🚨 Ikiganiro #UrubugarwImikino cyo kuri uyu wa Kane, kiri kubera mu Murenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke. Kwizigira Jean Claude Lee, Musangamfura Lorenzo Christian, Rugangura Axel na Rugaju Reagan, bamaze kugera ku kibuga cy’umupira cya Gataba mu Kagari ka Gikingo,

🚨AKA KANYA🚨

Ikiganiro #UrubugarwImikino cyo kuri uyu wa Kane, kiri kubera mu Murenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke.

Kwizigira Jean Claude Lee, Musangamfura Lorenzo Christian, Rugangura Axel na Rugaju Reagan, bamaze kugera ku kibuga cy’umupira cya Gataba mu Kagari ka Gikingo,