
National Child Development Agency | Rwanda
@rwanda_child
The official X handle of the National Child Development Agency | Rwanda
ID: 791276767
https://www.ncda.gov.rw/ 30-08-2012 10:08:18
7,7K Tweet
18,18K Followers
310 Following

Mu Karere twizihije umunsi mukuru mpuzamahanga w'Umwana w'umunyafurika ku nsanganyamatsiko igira iti: "Ndera neza, nkure nemye". Umwana uhagarariye abandi yasabye ababyeyi kwita ku bana bakiri bato kugira ngo bazashoborere kwigirira umumaro n'igihugu muri rusange. National Child Development Agency | Rwanda


Mu Murenge wa Kabarondo hizihirijwe umunsi w'Umwana w'Umunyafurika ku nsanganyamatsiko igira iti: "Ndera neza, nkure nemye". Witabiriwe n'Umuyobozi bw'Akarere Wungirije Ushinzwe Imibereho myiza J. Damascene , abafatanyabikorwa batandukanye, abana n'ababyeyi. #AfricanChildDay




NCDA yatangiye ubukangurambaga bugamije kurinda no kurengera abana igihe bakoresha murandasi kugira ngo bajye bayikoresha mu buryo butabateza ibibazo birimo ihohoterwa. Ubu bukangurambaga bwatangiriye muri Huye District ku bufatanye na Ministry of ICT and Innovation | Rwanda na Coalition Umwana ku Isonga (CUI).



Breastfeeding is not just biological â itâs a societal support system.â We were honored to have the Head of Programs from the National Child Development Agency | Rwanda as our keynote speaker. He shared powerful insights on why breastfeeding matters for babies and mothers alike, Rwandaâs progress and


Umuyobozi wâAkarere ka Gicumbi, Bwana NZABONIMPA Emmanuel, ari kumwe nâinzego zâumutekano zitandukanye, yitabiriye umuhango wo gutaha #Irerero ryâAbana bato ryubatswe nâinzego zâUmutekano mu Murenge wa Rubaya. Ministry of Local Government | Rwanda National Child Development Agency | Rwanda Ministry of Gender & Family Promotion | Rwanda Ministry of Education | Rwanda Northern Province/ Rwanda


Kurandura ibibazo bibangamiye imikurire yâumwana, ni kimwe mu bigize urugamba rwo kwibohora muri iki gihe. Turashimira cyane Rwanda National Police na Rwanda Defence Force umusanzu wabo. Mu mezi 3 ashize, bubatse ingo mbonezamikurire 10 mu Turere dutandukanye ahantu zari zikenewe cyane #Kwibohora31


Uyu munsi Diane Iradukunda, Umuyobozi muri NCDA yifatanyije n'umuryango Centre Cyprien et Daphrose Rugamba mu muhango wo gusubiza mu muryango no mu ishuri abana 30 bahoze mu muhanda. Uyu muryango wari amaze amezi 5 ugororera aba bana mu kigo cyawo. Kurerererwa mu muryango ni uburenganzira bwa buri mwana



Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza Kayiranga Theobald ari kumwe n'umuyobozi mukuru wa Ruhengeri Level 2 Teaching Hospital Dr Muhire Philbert, yayoboye inama yahuje Abayobozi n'abakozi mu nzego zitandukanye, baganira kuri Gahunda yo kurwanya igwingira mu Karere ka Musanze.
