BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile
BTN TV RWANDA

@btntvrwanda

official Twitter of Big Television Network. Rwanda's leading informative and Business News TV Station.
FTA 04 - Canal+ 388 - StarTimes 106 DTH 782

ID: 4251878909

linkhttps://btnrwanda.com calendar_today22-11-2015 19:42:20

9,9K Tweet

11,11K Followers

410 Following

BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yatangaje ko umuntu umwe muri batanu mu Rwanda yahuye n’ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe. Muri ibyo bibazo ibyiganje cyane birimo agahinda gakabije, ubwoba bukabije n’ihungabana, ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yatangaje ko umuntu umwe muri batanu mu Rwanda yahuye n’ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe.
Muri ibyo bibazo ibyiganje cyane birimo agahinda gakabije, ubwoba bukabije n’ihungabana, ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge
BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa Gatatu, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Bigogwe, mu Karere ka Rubavu District, hari kubera igikorwa cyo #Kwibuka31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 cyateguwe na PSF. Biteganyijwe ko kandi hari n'igikorwa cyo kworoza inka abamugariye ku rugamba rwo kubohora Igihugu.

Kuri uyu wa Gatatu, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Bigogwe, mu Karere ka <a href="/RubavuDistrict/">Rubavu District</a>, hari kubera igikorwa cyo #Kwibuka31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 cyateguwe na PSF.

Biteganyijwe ko kandi hari n'igikorwa cyo kworoza inka abamugariye ku rugamba rwo kubohora Igihugu.
BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

#BTNAMAKURU: Bull Dogg, yongewe mu bahanzi bazazenguruka Igihugu mu bitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival 2025. Bull Dogg yasimbuye Kevin Kade uherutse gushyirwa ku rutonde rw’abazaririmba mu gitaramo cya Rwanda Convention USA kizaba ku wa 4 Nyakanga 2025 muri Amerika.

#BTNAMAKURU:
Bull Dogg, yongewe mu bahanzi bazazenguruka Igihugu mu bitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival 2025.
Bull Dogg yasimbuye Kevin Kade uherutse gushyirwa ku rutonde rw’abazaririmba mu gitaramo cya Rwanda Convention USA kizaba ku wa 4 Nyakanga 2025 muri Amerika.
BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

“Urukundo rw’ikinyoma ruragatsindwa.” Umuhanzi Yago Pon Dat yagaragaje ko we n’uwari umukunzi we, Teta Christa, baherutse kubyarana umwana w’umuhungu, bashobora kuba baramaze gutandukana. Ahmed Pacifique Karera ka Kayihura Latifah Manzi Mike Karangwa Oswald Oswakim NIWEMWIZA Anne Marie #RwOX

“Urukundo rw’ikinyoma ruragatsindwa.”

Umuhanzi Yago Pon Dat yagaragaje ko we n’uwari umukunzi we, Teta Christa, baherutse kubyarana umwana w’umuhungu, bashobora kuba baramaze gutandukana.

<a href="/PacifiqueAhmed/">Ahmed Pacifique</a> <a href="/KareraKayihura/">Karera ka Kayihura</a> <a href="/LatifahManzi/">Latifah Manzi</a> <a href="/mikekarangwa/">Mike Karangwa</a> <a href="/oswaki/">Oswald Oswakim</a> <a href="/Annemwiza/">NIWEMWIZA Anne Marie</a> #RwOX
BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

#BTNSportZone: Abasore ba Gambia bamaze gutsinda amaseti 2 kuri 1. Niyonkuru Gloire na Kanamugire Prince bahagarariye URwanda ,muri Beach volleyball iri kubera muri Maroc.

#BTNSportZone:
Abasore ba Gambia bamaze gutsinda  amaseti 2 kuri 1.  Niyonkuru Gloire na Kanamugire Prince 
bahagarariye URwanda ,muri Beach volleyball iri kubera muri Maroc.
BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Dr. Akinwumi Adesina uri gusoza manda ye ku buyobozi bwa Banki Nyafurika y’Iterambere. Ari mu Rwanda yitabiriye inama ngarukamwaka ya 28 ikora ubusesenguzi ku bukungu bw’Isi.

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Dr. Akinwumi Adesina uri gusoza manda ye ku buyobozi bwa Banki Nyafurika y’Iterambere. Ari mu Rwanda yitabiriye inama ngarukamwaka ya 28 ikora ubusesenguzi ku bukungu bw’Isi.
BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

#BTNAMAKURU: Hari abaturage batuye mukarere ka Gatsibo m'umurenge wa Kabarore,batabaza bavuga ko bugarijwe n'ikibazo cy'abana binzererezi baba kumihanda bakajya gutoragura imyanda mukimoteri cy'isoko rya Kabarore. Gatsibo District KABARORE SECTOR Rwanda National Police

BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

#BTNAMAKURU: Ibitangazamakuru byo muri Kenya byategetswe guhagarika gutangaza amakuru agezweho, arebana n’imyigaragambyo iri mu gihugu hose igamije kwibuka abaguye mu yo mu mwaka ushize wa 2024 yamaganaga imisoro ihanitse.

#BTNAMAKURU:
Ibitangazamakuru byo muri Kenya byategetswe guhagarika gutangaza amakuru agezweho, arebana n’imyigaragambyo iri mu gihugu hose igamije kwibuka abaguye mu yo mu mwaka ushize wa 2024 yamaganaga imisoro ihanitse.
BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

#BTNAMAKURU: Umugabo w’imyaka 53 wo mu Karere ka Nyanza, birakekwa ko yishwe akubiswe ifuni mu mugongo, nyuma yo gushyamirana n’uwo bikekwa ko yamusambanyirizaga umugore. Nyanza District Rwanda National Police

#BTNAMAKURU:
Umugabo w’imyaka 53  wo mu Karere ka Nyanza, birakekwa ko yishwe akubiswe ifuni mu mugongo, nyuma yo gushyamirana n’uwo bikekwa ko yamusambanyirizaga umugore. <a href="/NyanzaDistrict/">Nyanza District</a>  <a href="/Rwandapolice/">Rwanda National Police</a>
BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

Perezida Trump ati ibiganiro bigamije amahoro hagati ya Israel na Hamas biri hafi kurangira nyuma y’intambara y’iminsi 12 hagati ya Israel na Iran,Mu gihe muri Gaza intambara igikomeje ibitero bya Israel byahitanye abantu 45 Hamas yemera ko yishe abasirikare 7 ba Israel.

Perezida Trump ati ibiganiro bigamije amahoro hagati ya Israel na Hamas biri hafi kurangira nyuma y’intambara y’iminsi 12 hagati ya Israel na Iran,Mu gihe muri Gaza intambara igikomeje  ibitero bya Israel byahitanye abantu 45 Hamas yemera ko yishe abasirikare 7 ba Israel.
BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

#BTNAMAKURU: Olusegun Obasanjo wayoboye Nigeria kuva mu 1976 kugeza mu 1979 , nyuma y'uruzinduko yagiriye mu Rwanda, yakomereje uruzinduko rwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

#BTNAMAKURU:
Olusegun Obasanjo wayoboye Nigeria kuva mu 1976 kugeza mu 1979 , nyuma y'uruzinduko yagiriye mu Rwanda, yakomereje uruzinduko rwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

📸𝐀𝐌𝐀𝐅𝐎𝐓𝐎📸 Afande Ian Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame, ni umwe mu bagize Ikipe y’Abasirikare barinda abayobozi bakuru b’igihugu iri guhura na Military Police Brigade mu mukino wa ½ cya Liberation Cup 2025. Republican Guard iyoboye umukino n’ibitego 3-1.

📸𝐀𝐌𝐀𝐅𝐎𝐓𝐎📸

Afande Ian Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame, ni umwe mu bagize Ikipe y’Abasirikare barinda abayobozi bakuru b’igihugu iri guhura na Military Police Brigade mu mukino wa ½ cya Liberation Cup 2025. 

Republican Guard iyoboye umukino n’ibitego 3-1.
BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

Umuyobozi Mukuru wa Water and Sanitation Corporation Group |Rwanda , Prof. Munyaneza Omar yatangaje ko uruganda rwa Nzove rutunganya amazi rwubatswe mu 1987 rugiye kuvugururwa ku buryo rusubirana ubushobozi bwo gutunganya metero kibe ibihumbi 40 ku munsi kuko ubu rudatunganya ageze kuri metero kibe ibihumbi 10

Umuyobozi Mukuru wa <a href="/wasac_rwanda/">Water and Sanitation Corporation Group |Rwanda</a> , Prof. Munyaneza Omar yatangaje ko uruganda rwa Nzove rutunganya amazi rwubatswe mu 1987 rugiye kuvugururwa ku buryo rusubirana ubushobozi bwo gutunganya metero kibe ibihumbi 40 ku munsi kuko ubu rudatunganya ageze kuri metero kibe ibihumbi 10
BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

#BTNAMAKURU: Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu za Atomike mu Rwanda, RAEB, cyatangaje ko bitarenze mu 2030, u Rwanda ruzaba ruri mu bihugu bike muri Afurika bifite uruganda rutunganya amashanyarazi akomoka ku ngufu za nucléaire.

#BTNAMAKURU:
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu za Atomike mu Rwanda, RAEB, cyatangaje ko bitarenze mu 2030, u Rwanda ruzaba ruri mu bihugu bike muri Afurika bifite uruganda rutunganya amashanyarazi akomoka ku ngufu za nucléaire.
BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐌𝐀𝐒𝐇𝐘𝐀🚨 Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, kuri uyu wa Kane yatangaje ko igihugu cye cyakubise Leta Zunze Ubumwe za Amerika “urushyi ruremereye” ubwo cyarasaga ku kigo cy’ingabo zazo zirwanira mu kirere cya Al-Udeid muri Qatar.

🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐌𝐀𝐒𝐇𝐘𝐀🚨

Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, kuri uyu wa Kane yatangaje ko igihugu cye cyakubise Leta Zunze Ubumwe za Amerika “urushyi ruremereye” ubwo cyarasaga ku kigo cy’ingabo zazo zirwanira mu kirere cya Al-Udeid muri Qatar.
BTN TV RWANDA (@btntvrwanda) 's Twitter Profile Photo

#BTNAmakuru Mu mujyi wa City of Kigali akarere Nyarugenge District uyu mubyeyi aratabaza avuga ko agiye kumara icyumweru arara hanze nyuma y'uko inzu yagombaga kuguranirwa ahashenywe hazwi nka MPAZI, inzu yagombaga kubamo ikodeshwa n'umuzamu agaha amafaranga umu coloneli. Ministry of Local Government | Rwanda