
CEFOPPAK
@cefoppaka
ID: 1913318447779663872
18-04-2025 19:47:46
11 Tweet
6 Followers
31 Following





Mu birori byo gusoza Imurikagurisha nâImurikabikorwa byabereye mu karere ka Kamonyi,Caritas DiocĂ©saine Kabgayi yashimiwe ku ruhare rwayo rugaragara mu iterambere,ihabwa icyemezo cyâubwitabire nkâumufatanyabikorwa wâingenzi. Imirimo yacu ni urugero rwâurukundo rufasha kubaka ejo hazaza hez



Kandi ubwo wasanga hari umuntu ubonye amagi yâinkanga bwa mbere atiđđ Niba ushaka kwiga uko borora inkanga, cyangwa ushaka amagi yayo,yaba araririye cyangwa ataraririye CEFOPPAK iragutegereje! Dusange i Kabgayi, mu Karere ka Muhanga, hafi yâicyicaro cya Caritas DiocĂ©saine Kabgayi.

Caritas ya diyosezi ya Kabgayi ibinyujije mw'ishami ryayo ry'ubuzima irimo gupima indwara z'itandura zirimo umuvuduko w'amaraso n'isukari yo mu mubiri. Iki gikorwa kirimo gukorwa n'ikigonderabuzima cya Kivumu Health Center.







nyuma y'ikigikorwa Padri Umuyobozi wa Caritas Diyosezi ya Kabgayi nâapadri mukuru wa Paruwasi ya Gihara batuye igitambo cya misa. Padri umuyobozi wa Caritas DiocĂ©saine Kabgayi yasabye abari aho kwimakaza umuco wâurukundo, gufashanya ndetse no kugira umutima wâubugiraneza muri duke bafite.




Uyu munsi taliki ya 18/7/2025 ababyeyi bo mu murenge wa INDEMYAMIHIGO/CYEZA SECTOR bafite abana bahugurirwa muri CEFOPPAK, baje mu rugendoshuri rw'ubuhinzi n'ubworozi bagamije kugira ubumenyi bwisumbuye ku buhinzi n'ubworozi.babonye umwanya wo kuganirizwa ku bikorwa by'ikigo baranatemberezwa.
